Primature | Rwandaಪರಿಶೀಲಿಸಿದ ಖಾತೆ

@PrimatureRwanda

The official Twitter account of the Office of the Prime Minister of Rwanda | Serivisi z'Ibiro bya Minisitiri w'Intebe [email protected]

Kigali-Rwanda
ಡಿಸೆಂಬರ್ 2011 ಸಮಯದಲ್ಲಿ ಸೇರಿದ್ದಾರೆ

ಟ್ವೀಟ್‌ಗಳು

ನೀವು @PrimatureRwanda ಅವರನ್ನು ತಡೆಹಿಡಿದಿರುವಿರಿ

ಈ ಟ್ವೀಟ್‌ಗಳನ್ನು ವೀಕ್ಷಿಸಲು ನೀವು ಖಚಿತವಾಗಿ ಬಯಸುವಿರಾ? ಟ್ವೀಟ್ ವೀಕ್ಷಣೆಯು @PrimatureRwanda ಅವರ ತಡೆತೆರವುಗೊಳಿಸುವುದಿಲ್ಲ

  1. ಡಿಸೆಂ 19

    The National Council ends with 8 resolutions under four categories: Education, Health, Economy and Culture.

  2. ಅವರು ಮರುಟ್ವೀಟಿಸಿದ್ದಾರೆ
    ಡಿಸೆಂ 19

    Day 2 resumes for its last session and the announcement of the resolutions.

  3. ಡಿಸೆಂ 18

    While speaking at the Council this morning, Premier said that decided to keep on giving priority to the youth in the implementation of National Strategy for Transformation.

  4. ಡಿಸೆಂ 18

    PM : Mu gusoza, ndagira ngo nongere mbashimire Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, uyu mwanya mwari mwangeneye.

  5. ಡಿಸೆಂ 18

    PM : Ibi bizabishingira ku miyoborere myiza dukomeje gushyira imbere, indangagaciro (values) ziranga Abanya , urubyiruko rufite imbaraga kandi rurangwa n’ubwitange, gukorera hamwe no gufatanya kw’inzego zose za Leta.

  6. ಡಿಸೆಂ 18

    PM : Nyuma yo kubagezaho imirongo migari igaragaza aho Igihugu cyacu cyifuza kugera muri iyi myaka irindwi iri imbere, ndifuza kongera gushimangira ko intego nshya twihaye nk’Abanya atari inzozi ahubwo ari ibintu bishoboka.

  7. ಡಿಸೆಂ 18

    PM Ibindi by’ingenzi Gouvernement ikomeje kwitaho ni: • Uguteza imbere ububanyi n’amahanga, ubutwererane n’ubuhahirane hagamijwe gutsura iterambere ry’u Rwanda n’iry’Afurika; • Kurushaho guha ingufu urwego rw’ubutabera dukomeza no gushimangira iyubahirizwa

  8. ಡಿಸೆಂ 18

    PM : Imbaraga zizakomeza gushyirwa mu kwigisha indangagaciro zigomba kuranga Umunya aho ari hose, kugira ngo zikomeze kuba umusingi w’amahoro, ubumwe n’ubwiyunge. Tuzakomeza guharanira ko u Rwanda rukomeza kugira umutekano usesuye no kurinda Abanyarwanda

  9. ಡಿಸೆಂ 18

    PM : Ku bijyanye n’Imiyoborere: intego Guverinoma yihaye, ni ugukomeza gusigasira no kunoza ibyiza dukesha imiyoborere myiza n’ubutabera Igihugu cyacu kimaze kwimakaza.

  10. ಡಿಸೆಂ 18

    PM : Gouvernement kandi izakomeza gushyira imbaraga mu kwita ku rwego rw’uburezi hagamijwe kuzamura ireme ry’uburezi ku byiciro byose by’amashuri.

  11. ಡಿಸೆಂ 18

    PM : Guverinoma y'u yiyemeje kurushaho gufasha Abanyarwanda bari mu cyiciro cy’ubukene n’icy’ubukene bukabije gutera imbere no kwigira.

  12. ಡಿಸೆಂ 18

    PM : Nagirango kdi nibukiranye n’abateraniye hano ndetse n’abatwumva bose ko mu rwego rwo kuzamura imibereho myiza y’abaturage, intego twihaye ari ukugira Umunya ushoboye, ufite ubumenyi, ubuzima bwiza kdi ubayeho neza mu muryango utekanye.

  13. ಡಿಸೆಂ 18

    PM : Tuzakomeza kandi gushyira ingufu mu kuzamura umusaruro w’ubuhinzi n’ubworozi mu bwinshi no mu bwiza, kandi hazanashyirwaho n’ingamba zo kurushaho gukoresha neza umutungo kamere no kubungabunga ibidukikije.

  14. ಡಿಸೆಂ 18

    PM : Igipimo cyo kuzigama kizongerwa kandi tuzaharanira ko u ruba igicumbi cya serivisi z’imari (financial services hub). Ibi bikazafasha mu guteza imbere ishoramari mu gihugu cyacu.

  15. ಡಿಸೆಂ 18

    PM : Inganda na serivisi nabyo bizakomeza gutezwa imbere kugira ngo ibyo twohereza mu mahanga biziyongere ku kigereranyo nibura cya 17% buri mwaka, mu myaka irindi iri imbere.

  16. ಡಿಸೆಂ 18

    PM : Mu bindi by’ingenzi Gouvernement y'u yiyemeje kugeraho mu rwego rw’ubukungu, harimo kwihutisha iterambere rirambye ry’imigi ku buryo mu 2024 abantu bazaba bayituyemo bazaba bageze kuri 35% bavuye kuri 17,5% dufite muri iki gihe.

  17. ಡಿಸೆಂ 18

    PM : Ibi rero bikazafasha urubyiruko rw'u kubaka ubumenyi n’ubumenyingiro rushingiye ku bikenewe ku isoko ry’umurimo ndetse no kugira uruhare rugaragara muri gahunda zose ziteganyijwe.

  18. ಡಿಸೆಂ 18

    PM : Mu rwego rwo gufasha urubyiruko kurushaho kwitegura kujya ku isoko ry’umurimo, Guverinoma y'u yafashe umurongo wo kujya igaragaza ahakiri icyuho mu bumenyi n’ubumenyingiro bikenewe (skills gap) mu bice byose by’ubukungu.

  19. ಡಿಸೆಂ 18

    PM : Nk’uko imibare ibyerekana, muri uyu mwaka wa 2017 urubyiruko ruri mu kiciro gishobora gukora akazi (working age) rungana na 27% y’abaturage bose, mu gihe biteganyijwe ko muri 2024 bazaba bagera kuri 29%.

  20. ಡಿಸೆಂ 18

    PM : Ni muri urwo rwego Gouvernement y’u yiyemeje gukomeza guha urubyiruko umwihariko mu gushyira mu bikorwa iyi gahunda y’iterambere.

ಲೋಡಿಂಗ್ ಸಮಯ ಸ್ವಲ್ಪ ತೆಗೆದುಕೊಳ್ಳುತ್ತಿರುವಂತೆನಿಸುತ್ತದೆ.

Twitter ಸಾಮರ್ಥ್ಯ ಮೀರಿರಬಹುದು ಅಥವಾ ಕ್ಷಣಿಕವಾದ ತೊಂದರೆಯನ್ನು ಅನುಭವಿಸುತ್ತಿರಬಹುದು. ಮತ್ತೆ ಪ್ರಯತ್ನಿಸಿ ಅಥವಾ ಹೆಚ್ಚಿನ ಮಾಹಿತಿಗೆ Twitter ಸ್ಥಿತಿಗೆ ಭೇಟಿ ನೀಡಿ.

    ಇದನ್ನೂ ಸಹ ನೀವು ಇಷ್ಟಪಡಬಹುದು

    ·