Twitter | Szukaj | |
Western Province Rw
The official Twitter account of Western Province, Government of Rwanda | Intara y'Iburengerazuba
751
Tweety
174
Obserwowani
1 697
Obserwujący
Tweety
Użytkownik Western Province Rw podał dalej
Ministry of Gender and Family Promotion-Rwanda 8 godz.
Uyu munsi Amb. yakomeje uruzinduko muri asura Koperative y'urubyiruko yorora inkoko [Gihundwe Poultry Productive Cooperative]ikorera muri .Minisitiri yashishikarije uru rubyiruko kongera umusaruro bakiteza imbere bubaka
Reply Retweet Lubię
Western Province Rw 21 lut
ES : Mu Turere tumaze kugenzurwa mu ngengo y'imari y'umwaka ushize wa 2017- 2018 hari ibigenda bikosorwa twizera ko ariko bizakomeza ku buryo hari twinshi tuzaba duhagaze neza.
Reply Retweet Lubię
Western Province Rw 21 lut
Muri iyi nama havuzwe kuri bimwe mu bibazo bikunze kugaruka muri raporo y'Umugenzuzi Mukuru w'imari ya Leta birimo, imitangire mibi y'amasoko ya Leta, amafaranga akoreshwa nta mpapuro zibigaragaza n'ibikorwa Akarere gashoramo imari ntibitange umusaruro wari witezwe.
Reply Retweet Lubię
Western Province Rw 21 lut
Inama yitabiriwe n'Abayobozi b'Uturere, Abanyamabanga Nshingwabikorwa mu Turere tugize .
Reply Retweet Lubię
Western Province Rw 21 lut
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w'Intara, , ayoboye inama ku isesengura ryakozwe na TI Rwanda kuri raporo y'Umugenzuzi Mukuru w'imari ya Leta ku micungire y'umutungo mu nzego z'ibanze.
Reply Retweet Lubię
Western Province Rw 21 lut
The meeting brought together all District Mayors and Executive Secretaries within
Reply Retweet Lubię
Western Province Rw 21 lut
Executive Secretary of Province, is chairing a meeting on analysis of the Auditor General report of the decentralized entities for the fiscal year that ended on June 2017. This meeting was organized by Transparency International Rwanda.
Reply Retweet Lubię
Użytkownik Western Province Rw podał dalej
Ngororero District 20 lut
Ku bufatanye n' GMO ikomeje kwamagana ihohoterwa rikorerwa abakobwa b'abangavu bikabaviramo gutwita inda zitateganyijwe.
Reply Retweet Lubię
Użytkownik Western Province Rw podał dalej
Rutsiro District 14 lut
Guverineri Munyantwali: ni uburyo twahisemo twumva bwadufasha kugera ku rwego rwo hasi. Tugire ubushake n'umurongo uhamye wo kugera ku ntego. Ibi bibazo nitubikemurira hasi bizagera hejuru byarangiye.
Reply Retweet Lubię
Użytkownik Western Province Rw podał dalej
Rutsiro District 14 lut
Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa : Hari ikihe kibazo gituma stunting ikomeza kugaragara mu ntara y'iburengerazuba. Buri wese akwiye kugira ati: "iki ni kibi, ni kibi, ni kibi!" Twese tubyumvishe gutyo cyarangira burundu!
Reply Retweet Lubię
Western Province Rw 13 lut
Eng. : Impamvu y'iyi nama ni ukugira ngo dukureho icyuho hagati ya Minisiteri n'inzego z'ibanze duhuza igenamigambi mu gukora no gusana imihanda.
Reply Retweet Lubię
Western Province Rw 13 lut
Inama yitabiriwe n'Abayobozi b'Uturere, abahagarariye RTDA n'abashinzwe ibikorwa remezo mu Turere tugize Intara.
Reply Retweet Lubię
Western Province Rw 13 lut
Umunyamabanga wa Leta muri ushinzwe ubwikorezi arikumwe na Guverineri ayoboye inama yo kunoza igenamigambi ku gukora no gusana imihanda mu Turere tugize .
Reply Retweet Lubię
Western Province Rw 13 lut
MoS in in charge of transport Eng. together with Governor is chairing a meeting on transport infrastructure development and harmonization of road construction and maintenance in .
Reply Retweet Lubię
Western Province Rw 12 lut
Hasuwe kandi Urugo mbonezamikurire ruri mu Mudugudu wa Mutusa, Akagali ka Rwesero. Muri uru rugo abajyanama b'ubuzima bigisha abana gusoma, ababyeyi babo bakigishwa gutegura indyo yuzuye no gukora akarima k'igikoni.
Reply Retweet Lubię
Western Province Rw 12 lut
Minisitiri w'Intebe yasuye koperative "Dufatanye Kagano" y'abahinzi b'umuceri mu gishanga cya Kamiranzovu. Iyi koperative ifite abanyamuryango bagera ku 1003, harimo abagabo 400 n' abagore 603.
Reply Retweet Lubię
Western Province Rw 12 lut
Ku munsi wa kabiri w'uruzinduko rwe muri , Nyakubahwa Minisitiri w'Intebe, ari mu Karere ka Nyamasheke aho atangiye asura ikigo nderabuzima cya Hanika mu Murenge wa Macuba.
Reply Retweet Lubię
Western Province Rw 11 lut
Ibikorwa byinshi byasuwe na Nyakubahwa Minisitiri w'Intebe bijyanye n'uburezi aho yasuye amashuri ya EP Rubengera I, TTC Rubengera, TSS Rubengera na GS Kibuye.
Reply Retweet Lubię
Western Province Rw 11 lut
Minisitiri w'Intebe aherekejwe n'Abayobozi batandukanye barimo Minisitiri wa , , Guverineri wa n'umuyobozi mukuru wa .
Reply Retweet Lubię
Western Province Rw 11 lut
Minisitiri w'Intebe Dr. Edouard Ngirente yatangiye uruzinduko agirira muri aho kuri uyu wa mbere asura ibikorwa bitandukanye muri
Reply Retweet Lubię